Udushya n'imyambarire byagaragaye mu gitaramo cya Primus Guma Guma mu Ruhango

Ibitaramo bya Primus Guma Guma Super Star bikunze kurangwa n’udushya dutandukanye kuburyo nta gitaramo kiba gisa n’ikindi byanze bikunze, imyambarire, imyitwarire ku rubyiniro n’ibindi bitandukanye bikaba biri mu bituma hazamo itandukaniro rinini nk’uko byagaragaye no mu gitaramo cyabereye mu Ruhango.
Imyambarire y’abahanzi bamwe yatangaje abari bitabiriye iki gitaramo
Abahanzi batandukanye mu bitaramo bya Primus Guma Guma Super Star baba bafite imyambarire igiye itandukanye kandi buri muhanzi ugasanga agerageza gushyiramo itandukaniro; uko yari yambaye ubushize ntabe ariko yambara. Mu myambarire yagaragaye mu ruhango, abahanzi nka Senderi na Young Grace nibo batunguranye cyane.
JAY POLLY
Umuraperi Jay Polly ni uku yari yambaye mu gitaramo cya Primus Guma Guma Super Star mu RuhangoUmuraperi Jay Polly ni uku yari yambaye mu gitaramo cya Primus Guma Guma Super Star mu Ruhango
senderi
amag
amag
Umuraperi Ama-G nawe ni uku yari yambaye
Umuraperi Ama-G nawe ni uku yari yambaye
melody
melody
Bruce Melody ni ukuri yari yambaye
Bruce Melody ni ukuri yari yambaye
active
active
active Abasore batatu bagize itsinda rya Active ni uku nabo bari biyambariye
Abasore batatu bagize itsinda rya Active ni uku nabo bari biyambariye
teta
teta
Umuhanzikazi Teta Diana ni uku nawe yari yambaye
Umuhanzikazi Teta Diana ni uku nawe yari yambaye
Aha Teta yabyinanaga na MC Anitha Pendo ndetse na MC Tino
Aha Teta yabyinanaga na MC Anitha Pendo ndetse na MC Tino
Anitha
Anitha
Anitha Pendo na mugenzi we Mc Tino
Anitha Pendo na mugenzi we Mc Tino
chris
chris
Christopher nawe ni uko yari yambaye
Christopher nawe ni uko yari yambaye
Dream
nnn
Abasore Platini na TMC bagize Dream Boys ni uko bari bambaye
Abasore Platini na TMC bagize Dream Boys ni uko bari bambaye
sentore
Jules Sentore ni uko yari yambaye mu Ruhango
Jules Sentore ni uko yari yambaye mu Ruhango
hh
grace
hhh
hh
grace
grace
Young Grace ari mu bahanzi batangaje abari bitabiriye igitaramo cyo mu Ruhango


senderi
senderi
nn
eric
eric
Senderi ni umwe mu bahanzi nawe watangaje benshi haba mu myambarire ye ndetse n'ukuntu yakuyemo imyenda ashaka kwerekana igituza cye
Senderi ni umwe mu bahanzi nawe watangaje benshi haba mu myambarire ye ndetse n'ukuntu yakuyemo imyenda ashaka kwerekana igituza cye
Ubwo Senderi yaririmbaga, bamwe mu bahanzi bagenzi be bari barimo guhengereza bumiwe
Ubwo Senderi yaririmbaga, bamwe mu bahanzi bagenzi be bari barimo guhengereza bumiwe
Gushyamirana hagati y’abaraperi babiri; Ama-G The Black na Jay Polly
Muri iki gitaramo cyabereye mu Ruhango, ubwo umuraperi Ama-G The Black yageraga ku rubyiniro bamwe mu bafana bari bafite ibyapa byamamaza Jay Polly bamweretse ko batamwishimiye, nawe ntiyaripfana arabihanangiriza maze biza gutuma bamutuka ndetse banamumenaho inzoga.  Nyuma y’uko amenwaho inzoga, Ama-G yatangaje ko abamumennyeho inzoga atari abafana ba Jay Polly bo mu Ruhango, ko ahubwo asanzwe ababona no mu bindi bitaramo bityo bakaba aria bantu baje bavuye i Kigali boherejwe na Touch Record aho Jay Polly abarizwa muri iyi minsi.
h
Gusa Jay Polly we yabyamaganiye kure, avuga ko ntaho ahuriye n’ibyo bintu atanabizi ndetse ko ntaho ahuriye n’urugomo rwakorewe Ama-G, mu gihe Ama-G we yakomezaga guhamya ko ari akagambane kamukorewe.
Ubwitabire n’imyitwarire y’abafana
Kimwe no mu bindi bitaramo byose bya Primus Guma Guma Super Star, mu Ruhango naho abantu bari benshi cyane ko ari n’ubwa mbere ibitaramo by’iri rushanwa byari bibereye muri aka karere, bamwe mu bafana nk’uko byagiye bigaragara ahandi bakaba baragaragaye buriye ibiti kugirango babashe kureba neza.
abafana
Ikindi kandi ku bijyanye n’abafana, hongeye kugaragara ibyapa byamamaza abahanzi batandukanye, gusa ababikurikiranira hafi bakemeza ko abakoresha ibi byapa ari abantu bamwe bagenda babizengurukana ahantu hose hagiye kubera igitaramo cy’aya marushanwa kuko akenshi biba bisa n’ibyagaragaye ahandi hose habanje, n’ababibungana bakaba aria bantu bamwe. Ibi byanashimangiwe n’umwe mu bafana ba Jay Polly waganiriye na Radio Salus maze yemeza ko yavuye i Kigali agiye gushyigikira uyu muraperi.
Uyu ni umwe mu bafana ba Jay Polly, n'ubwo afite ubumuga ari mu bazindutse baje kureba uyu muraperi
Uyu ni umwe mu bafana ba Jay Polly, n'ubwo afite ubumuga ari mu bazindutse baje kureba uyu muraperi
Mu tundi tuntu twahabaye, MC Tino wari umushyushyarugamba muri iki gitaramo cya Primus Guma Guma Super Star, yagaragaye yongorera Dj Bisoso warekuraga umuziki, gusa n’ubwo ntawe uzi icyo yamubwiraga, bakimara kuvugana Bisoso yahise ashyiramo indirimbo yabo (TBB) nshya yitwa “Yampaye inka”.
tino

Previous
Next Post »