Umuhanzikazi Beyonce Knowles yibarutse impanga



Nkuko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Amerika umuryango wa Jay Z na Beyonce wibarutse impanga nyuma y’imfura yabo  Blue Ivy. 
 Aya makuru avuga ko uyu mugore yabyariye mu bitaro biherereye i Los Angeles nkuko bitangazwa na www.dailymail.co.uk .
Umugabo wa Beyonce Knowles Jay Z umugabo ngo ni we watangaje iyi nkuru nziza ku muryango we ayisangiza inshuti ze za hafi ndetse n’abo mu muryango we n’uwa Beyonce.

Uretse kandi umugabo we na se umubyara Mathew Knowles yameje aya makuru.

Previous
Next Post »