Nyaminga w’u Burundi 2016 Ange Bernice INGABIRE arasaba akunzi be kumutora mu marushanwa arimo ya Miss United Countries.
Mu gushaka kuba wamuha amahirwe unyura kuri http://www.pageantvote.net/pageants aho umuntu ashobora gutora igihe cyose. Mu barimo guhangana hakaba harimo na Elissa James du Zimbabwe ufite amajwi 1272, Princess Mahlangu womuri Afurika y’Epfo ufite amajwi 854, naho Ange Bernice akaba afite amajwi 3522.
ConversionConversion EmoticonEmoticon