Nyuma y’uko umugore w’umuherwe Zari
Hassan bakunda kwita Zari The Boss Lady akaba n’umugore w’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz, aburiye
umugabo we babyaranye abana batatu, kuri ubu umubyeyi we nawe yitabye Imana.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane
tariki 20 Nyakanga 2017 ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye ko nyina umubyara yitabye
Imana binyuze ku mbuga nkoranyambaga.
Mu minis mike ishize nibwo Zari
yavugaga ko
mama we ameze nabi ndetse ubuzima bwe buri kugerwa ku mashyi, dore ko uyu
mubyeyi ngo yaranafite imyaka 58 yari
yaravutse mu 1959.
Ibi bije bikurikirana n’urupfu rw’ uwahoze ari
umugabo we Ivan Ssemwanga waguye muri Afurika y’Epfo azize indwara yo guturika
kw’imitsi yo mu mutwe.
ConversionConversion EmoticonEmoticon