Rihanna yaganiriye na perezida Emmanuel Macron mu rwego rwo gufasha Afurika


Umuhanzikazi w’icyamamare Rihanna yasuye umurayngo wa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Macron agamije gushaklira umugabane w’Afurika imfashanyo. 



Mu gihe yari amaze kuganira na perezida w’u Burafansa yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru aho Rihanna yababwiye ko ibyo yemeranyije n’umukuru w’Igihugu ndetse n’umugore we bigomba gushyirwa mu bikorwa muri Nzeli uyu mwaka.
Rihanna kandi yanavuze ko ateganya kuza muri Afurika mu kwezi kwa Nzeli uyu mwaka kugirango akomeze arebe uburyo yateza imbere umugabane w’Afurika mu bijyanye n’uburezi.

Newest
Previous
Next Post »