Miss Shanel yasohoye indirimbo yise “igisingizo”





Umuhanzikazi Miss Shanel yashyize hanze indirimbo yise “igisingizo” nyuma y’aho yaherukaga gushyira hanze indirimbo ye nshya mu mwaka wa 2012 ubwo yasohoraga iyo yise ‘uniguse’.

 Iyi ndirimbo nshya ya Miss Shanel ikaba yumvikanamo amajwi y’abahanzi nyarwanda nabo basanzwe bakunzwe mu Rwanda Mani Martin ndetse na Patrick Nyamitari.

Aganira n’inyarwanda Miss Shanel akaba yatangaje kandi ko ari indirimbo icuranze mu buryo bwa Live ikaba indirimbo ivuga ibigwi igihugu cy’u Rwanda, ikaba yaratunganyijwe na Producer Pastor P.

Reba hano iyo ndirimbo igisingizo ya Miss Shanel 


Previous
Next Post »