UMUNSI WO KWIBUKA ICYAMAMARE BOB MARLEY,MURI RELAX WITH US’ KWINJIRA BIZABA ARI UBUNTU KUBANTU BOSE BAKUNDA REGGEA

Dore ko bisanzwe ko buri wa 6 nu munsi wabahanzi muri relax bashizeho rero kuri uwo munsi hazaba hataramiye IMANZI BAD,aribo bazanacuranga indirimbo zose za bob marley,bizaba ari tariki 11.05.2013,kwisi yose abantu bose bibuka bob marley,kuko niyo tariki yitabiyeho imana,ariko agashya kazaba karimo nuko buri muntu asabwe kuzaza yambaye imyenda ya barasta,kandi nane umuntu akazaza yitwaje ayo kugura ikintu cyokunywa kuko ntago relax izaba yishyuje kwinjiramo mugitaramo cyokwibuka bob marley,twararebye tubona ntampavu yokwishyuza kumunsi wo kwibuka umuntu nka RASTA BOB MARLEY,abantu bose bagomba kuza bakarya REGGEA kubakunzi bayo bose uko bashobye bizatagira guhera saa 07:00pm,nyuma IMANZI BAND, bazacuranga ni gisope abanyarwanda beshi bakunda indirimbo zakarahanyuze,umushyitsi watumiwe ukomeye nuwitwa,RASTA JACOB FROM NAIROB azaba nawe yaje kuva muri kenya ntimuzacikwe mwese kuzaza.
Dore  Amwe mumafoto yabamwe muba Rasta bazitabira uyu munsi
524042_10150783554162487_1157410267_n 526125_10150758571257487_469067854_n 575038_10150772122667487_92750082_n

Dore uko Igitaramo kifashebob-marley
Previous
Next Post »