Amafoto y’abakobwa 25 bazatorwamo Nyampinga w’u Rwanda



Loading...
Abakobwa 25 batorewe kuzahagararira Intara enye n’Umujyi wa Kigali mu majonjora y’ibanze yo gushaka umukobwa uzambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda kuwa 27 Gashyantare 2016.
Nyuma yo gutoranywa n’akanama nkemurampaka, aba bakobwa uko ari 25 batangiye gutorwa binyuze kuri telefone mu gihe hagiye gushakishwamo 15 bazamenyekana kuwa 2 Gashyantare 2016 mu muhango uzabera kuri Petit Stade i Remera.
Aba bakobwa 15 bazatorwa bazahita bajyanwa mu mwiherero w’ibyumweru bibiri uzabera muri Golden Tulip Hotel mu Bugesera, kuva kuwa 8 kugeza kuwa 24 Gashyantare 2016.
- Intara y’Amajyaruguru ihagarariwe n’abakobwa bane:
1.Umuhoza Sharifa
Umuhoza Sharifa
2.Uwamahoro Solange
Uwamahoro Solange
3.Mujyambere Sheillah
Sheillah Mujyambere
4.Harimana Umutoni Pascaline
Harimana Umutoni Pascaline
- Intara y’Uburengerazuba yatowemo batatu:
1.Mutoni Balbine
2.Umuhumuriza Usanase Samantha
3.Mutesi Jolly

- Intara y’Amajyepfo ifitemo bane:
1.Bitariho Nasra
2.Umutoniwabo Cynthia
3.Isimbi Eduige
4.Karake Umuhoza Doreen
- Intara y’Uburasirazuba ihagarariwe na:
- Umujyi wa Kigali uhagarariwe n’abakobwa icyenda:
1.Mpogazi Vanessa
2.Kaligirwa Ange
3.Mutesi Eduige
4.Umunezero Olive
5.Kwizera Peace Ndaruhutse
6.Naima Rahamatali
7.Mutoni Jeanne
8.Ikirezi Sandrine
9.Ashimwe Fiona Doreen
Previous
Next Post »