Umukobwa ya Michael Jackson arwariye aho se yapfiriye


Paris Jackson
Nyuma yo kugerageza kwiyahura akajyanwa mu bitaro byo hafi ye, Paris Jackson, ubu yoherejwe mu bitaro Ise, Michael Jackson yapfiriyemo.
Ubwo yagombaga gukurikiranwa agera kuri 72 kuva aho ashakiye kwiyahura, Paris yoherejwe mu ibitaro bya Ucla Medical Center ari naho se umubyara, Micheal Jackson yarwariye mbere yo kwitaba Imana.
Paris Jackson ubwo yajyanwaga mu bitaro
Ntibyashobokeye itangazamakuru gufata amashusho ya Paris ubwo yajyanwaga muri ibi bitaro, kuko bahise babuzwa n’abashinzwe kumurinda ubwo yahageraga
Michael Jackson ubwo yapfiraga muri ibi bitaro, bivugwa ko yazize indwara y’umutima, ubwo yatabarukaga ku itariki ya 25 Kamena 2009.
Kurikira amashusho ubwo paris Jckson yashyikirizwaga ibitaro bya Ucla,
Previous
Next Post »