MU MAFOTO DORE UKO BYARI BYIFASHE MU MIHANGO Y’UBUKWE BW’UMUHANZIKAZI MISS SHANEL (REBA AMAFOTO)
Kuwa gatandatu tariki 2 Kanama 2014 wari umnsi w’ibyishimo ku umuhanzi Miss Shanel aho yambikanye impeta y’urudashira hamwe n’umusore w’umuzungu ukomoka mugihugu cy’ubufaransa maze bagasezerana kuzabana ubuzima bwabo bwose yaba mubyiza cyangwa se ibibi.Guillaume Favier umusore w’umufaransa yabengutswe umukobwa w’umunyarwandakazi Nirere Ruth Shanel wamenyekanye ku mazina y’ubuhanzi nka Miss Shanel, taliki ya 2 Kamena 2014 wari umunsi w’ibirori kuribo ndetse n’imiryango yabo, Ubukwe bwabere mu mujyi wa Paris mugihugu cy’ubufaransa.
Muri ubu bukwe butagaragayemo abantu benshi bo mu muryango wa Miss Shanel ndetse nabamwe mubakunzi b’ibihangano bye, Miss Shanel aba bose batabashije kwishimana nawe muri ibi birori akaba ateganya kugera mu Rwanda mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka aho azabasha gusangira umunezero n’ababyifuza bose batatashye ubu bukwe.
DORE UKO UBU BUKWE BWARI BUMEZE MU MAFOTO
Miss Shanel n’umukunzi we bambikanye impeta y’urudasshira
ConversionConversion EmoticonEmoticon