MU MAFOTO DORE UKO BYARI BYIFASHE MU MIHANGO Y’UBUKWE BW’UMUHANZIKAZI MISS SHANEL (REBA AMAFOTO)

Kuwa gatandatu tariki 2 Kanama 2014 wari umnsi w’ibyishimo ku umuhanzi Miss Shanel aho yambikanye impeta y’urudashira hamwe n’umusore w’umuzungu ukomoka mugihugu cy’ubufaransa maze bagasezerana kuzabana ubuzima bwabo bwose yaba mubyiza cyangwa se ibibi.
Guillaume Favier umusore w’umufaransa yabengutswe umukobwa w’umunyarwandakazi Nirere Ruth Shanel wamenyekanye ku mazina y’ubuhanzi nka Miss Shanel, taliki ya 2 Kamena 2014 wari umunsi w’ibirori kuribo ndetse n’imiryango yabo, Ubukwe bwabere mu mujyi wa Paris mugihugu cy’ubufaransa.
10245558_10152612046839844_5276603712110121760_n
Muri ubu bukwe butagaragayemo abantu benshi bo mu muryango wa Miss Shanel ndetse nabamwe mubakunzi b’ibihangano bye, Miss Shanel aba bose batabashije kwishimana nawe muri ibi birori akaba ateganya kugera mu Rwanda mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka aho azabasha gusangira umunezero n’ababyifuza bose batatashye ubu bukwe.
DORE UKO UBU BUKWE BWARI BUMEZE MU MAFOTO
10530777_10152612045149844_4892032864408877984_n
10501962_10152612045179844_1839531816117057582_n
10569086_10152612043719844_5405148124297882895_n
10417525_10152612043744844_2153118478519575571_n
10299137_10152612045249844_6698433833634828693_nMiss Shanel n’umukunzi we bambikanye impeta y’urudasshira
10361981_10152612045534844_4910893987023987769_n
10592909_10152612046989844_5911147769011180636_n
10599479_10152612111959844_2361270215339556567_n
10530843_10152612046214844_3450743127290259564_n
10592652_10152612048514844_265019637942043156_n
936067_10152612047849844_7442967824900739522_n
1889035_10152612111969844_5246740757548924617_o
10563083_10152612049819844_6042851324320491284_n
10599479_10152612111954844_2885114373293906440_n
Previous
Next Post »