MISS RWANDA 2017: Ba Nyampinga bacyuye igihe bahiguye imihigo yabo, abahatanira ikamba nabo barahiga–AMAFOTO
Irushanwa rya Miss Rwanda 2017 rigeze aho
rukomeye abakobwa bari muri iri rushanwa bari mu mwiherero aho bari
kwihugura ku ngingo zinyuranye ngo umunsi nyir'izina wo guhatanira
ikamba uzagere hari ubumenyi rusange bafite. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 19
Gashyantare 2017 habaye igitaramo njyarugamba na mvarugamba.
Nyuma y’ibi bikorwa usibye kuba aba bakobwa bose bashimiwe ndetse bagahabwa impanuro na buri wese mu bayobozi bari aho, bahise banzika igitaramo basangira ku ntango y’imihigo yari iteretse aho ngaho. Ni umuhango wabereye i Nyamata muri Golden Turip hotel aho abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2017 bamaze icyumweru mu mwiherero(boot camp), ari naho bagenzi babo b'umwaka ushize babasanze.
REBA AMAFOTO Y’IKI GIKORWA:
Ba Nyampinga bacyuye igihe bageze i Nyamata kuri HotelAbakobwa biteguye gutanga amakamba bari bitabiriye bakenyeye kinyarwandaAbakobwa bahatanira ikamba ubwo bavaga mu byumba byabo berekeza mu cyumba cyari gukorerwamo uyu muhangoBinjira berekwa ibyicaroMiss Jolly wambaye ikamba yari yaje kugaragaza aho imihigo ye igezeHon. Bamporiki Edouard akigera muri iki cyumba yasuhuje aba bakobwa ahereye kuri Nyampinga ufite ikambaBaricaye baratuje bategereje guhigaBamwe mu bashyitsi bari bitabiriye uyu muhangoKalimpinya Queen asoma ku ntango y'imihigo yari iteretse hagati yaboBahigaga bacurangirwa inanga n'umucuranzi wabasusurutsagaIshimwe Dieudonne umuyobozi wa Rwanda Inspiration BackUp aha ikaze abashyitsiAbakobwa bacyuye igihe ku ikamba bahiguye imihigo bari barahizeDr Jacques Nabonimpa umuyobozi ushinzwe umuco mu Nteko Nyarwanda y'Ururimi n'Umuco(RALC) yakiriye imihigoAbakobwa bahatanira ikamba bahize imihigo baranayisinyiraNyuma yo guhiga abakobwa basomye ku ntangoHon. Edouard Bamporiki yashimiye aba bakobwa bahize imihogo anashimira abacyuye igihe kuba barabashije kwesa imihigoIntore Masamba nawe yashimiye aba bakobwa ahita anabaririmbiraAbakobwa bacyuye igihe n'abahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2017 bahoberanaAba bakobwa baririmbiwe na Masamba Intore nabo bacinya akadihoHon. Bamporiki Edouard yahaye impanuro aba bakobwaAba bakobwa basangiriye ku meza amwe
ConversionConversion EmoticonEmoticon