Yambaye ibirenge n’imyenda igaragaza umwambaro w’imbere, Young Grace niko yaraye aserutse

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Nzeri 2016 mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cyo ku mazi aho abakunzi ba muzika bahuriye n'abahanzi bafana bakabaririmbira bari koga muri Piscine. Muri iki gitaramo abahanzi bose bashimishije abakunzi ba muzika bari bitabiriye gusa Young Grace agaragaza imyambarire atari asanzwe amenyereweho.
Iki gitaramo cyabereye i Remera kuri Hilltop Hotel kitabirwa na benshi mu bahanzi nyarwanda bamamajwe uretse Aime Bluestone utahagaragaye abandi nka: Yvan Buravan, Bull Dogg, Young Grace, Davis D, ndetse na Jack B bose bataramiye abakunzi babo.
abafanaAbafana bari bitabiriye
Iki gitaramo cyari kiyobowe na Mc Phil Peter  wari umushyushyarugamba. Kwinjira byari  amafaranga ibihumbi bibiri (2500frw) ndetse na bitanu (5000frw) mu myanya y’icyubahiro, buri wese waguze itike yahitaga ahabwa icyo kunywa ku buntu.
Reba amafoto yaranze iki gitaramo:
mc phil peterMc Phil Peter yashyushyaga nabari mu mazijack bjack bjack bJack B uzwiho gushyushya abantu niwe wabanje ku rubyiniro yakirwa neza abari mu mazi barayamuteraburavanyvan buravanyvan buravanYvan Buravan umwe rukumbi waririmbye ku buryo bwa Live yashimishije abari ahoDavis DDavis DDavis DDavis D yashimishije abakunzi ba muzika bari ahoyoung graceYoung Grace yakiriwe na Phil Peter k'urubyiniroyoung graceyoung graceyoung grace
Young Grace ni uku yari yambaye 
bull doggbull doggbull doggbull doggBull Dogg niwe washoje igitaramo
Previous
Next Post »