Isheja Sandrine yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)
.
Nyuma yo gusezerana mu murenge hagiye gukurikiraho umuhango wo gusaba no gukwa mu biroro bibera iwabo wa Isheja Sandrine. Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2016, aba bombi bazambikana impeta imbere y’Imana.
Isheja yarahiriye imbere y'amategeko ko azakundwakaza umugabo we
Sandrine Isheja, yakoreye amaradiyo atandukanye harimo Radio Salus, Isango Star na KFM mu biganiro by’ubumenyi n’imyidagaduro kuri ubu akaba ari gukorera Kiss Fm.
Akanyamuneza ni kose kuri Isheja n'umugabo we
Kagame Peter yemeye imbere y'amategeko ko azabana na Isheja kugeza gupfa
Bamaze gusezerana babisinyiye
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge abashimira
Bitegerezaga certificate ihamya isezerano ryabo
Iyi mpeta ayimaranye igihe kigera ku mwaka
Ni umunsi w'ibyishimo kuri bombi
Ifoto y'urwibutso n'inshuti ze
Inshuti n'abavandimwe ba Isheja na Kagame bari baje kubashyigikira
Isheja na marraine we
Avuye gusezerana mu Murenge....Harakurikiraho imihango yo gusaba
Kagame Peter agiye guhita ajya gusaba umugeni
ConversionConversion EmoticonEmoticon