Perezida Barack Obama yafatanyije n’umuhanzi Kendrick Lamar kwifuriza umukobwa we Maria Obama isabukuru nziza y’amavuko (Amafoto)
Malia Ann Obama umukobwa w’imfura wa Perezida Barack Obama, yavutse tariki ya 04 Nyakanga1998 iyi tariki 04 Nyakanga akaba ari itariki isobanura byinshi ku mateka ya Leta zunze ubumwe za Amerika kuko aribwo baboneyeho ubwigenge.Yagize ati: “nishimira uyu munsi kubw’impamvu ebyiri, ubwigenge bw’igihugu cyacu ndetse n’isabukuru y’imfura yanjye”
Arongera ati:”umunsi w’itariki y’amavuko y’umukobwa wanjye ni umunsi wo kumutera isoni ”
Malia Obama yujuje imyaka 18 y’amavuko, biteganyijweko azatangira Kaminuza muri Havard University , imwe muri kaminuza zizwi cyane ku isi kandi zagiye zigamo abakomeye akaba azatangira mu mwaka wa 2017.
ConversionConversion EmoticonEmoticon