Nyirarukundo Salome yegukanye umudali wa zahabu ibihembo byinshi bitaha muri Kenya


Nyirarukundo Salome yegukanye umudali wa zahabu ahesha u Rwanda ishema nyuma yuko umwaka ushize wa 2016 yari yatahukanye umwanya wa gatatu.

Iri ni isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe Amahoro, Kigali International Peace Marathon, kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Gicurasi 2017, aho ryabaye ku nshuro ya 13, ryitabiriwe n’abantu ibihumbi 5879 muri rusange barimo abagore 2505 n’abagabo 3374.
Mu baryitabiriye hakaba barimo na Madamu Jeannette Kagame na Margaret Kenyatta, Umudamu wa Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya.


Imyanya myinshi ikaba yaratwaye abaturutse mu gihugu cya Kenya. Nyuma y'isiganwa kandi banasusurukijwe n'umuhanzi Riderman

Previous
Next Post »