
Ibyo byabereye mu mujyi wa
Maiduguri uri mu majyaruguru
yerekeza I burasirazuba bw'igihugu.
Abategetsi bavuga ko ibisasu by'abo bakobwa byaturitse igihe
abasirikare babarasaga, umwe mu bashinzwe
umutekano akaba yakomeretse.
Nta mutwe urigamba ko ari
wo wari wateguye icyo gitero, ariko Maiduguri niho havukiye umutwe
w'abarwanyi ba ki Islam, Boko Haram, ukaba kandi umaze kugabayo ibitero inshuro nyinshi.
ConversionConversion EmoticonEmoticon