Umuhanzikazi Aisha Ciney akomeje imyiteguro yo kurushinga


Umuhanzikazi w’umunyarwanda Uwimana Aïsha uzwi nka Ciney yerekanywe mu kiriziya St Michael mu gihe yitegura kurushingana n’uwitwa Ronald.
Uretse kuba bari mu myiteguro yo gukora ubukwe ntiharatangazwa igihe buzabera
Inkuru y’umuseke ivuga ko aba bombi bamenyanye ubwo Ronald yamusangaga kuri Radio1 ariko aje mu zindi gahunda.
Uko iminsi yagendaga nibwo baje kwisanga batakiri inshuti zisanzwe ahubwo bari mu rukundo. Bityo banafata umwanzuro wo gukomezanya ubuzima bwabo bwose.


Previous
Next Post »