Serena Gomez yashyize hanze indirimbo yicuza icyamutandukanije na Justin Bieber


Umuhanzikazi Serena Gomez yasohoye indirimbo irimo amagambo y’agahinda, aho avuga ko hari uwo bigeze gukundana ntamubere inshuti nziza.

Uyu mukobwa ubusanzwe  akora n’ibyerekeye imideli akaba ari n’umukinnyi w’amafilime, yigeze kumenyekanye mu rukundo rw’igihe kitari gito n’umuhanzi Justin Bieber.
Serena Gomez na Justin Bieber nyuma yo gutandukana uyu mukobwa yagiye avugwa mu rukundo n’abantu batandukanye nka Nick Jonas, Zedd ndetse na The Weekend bivugwa ko bari kumwe ubu.
Gomez wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka Same old love , The heart wants what it wants..yabivuze mu ndirimbo shya yasohoye yashyize ahagararagara yise  ‘Bad Girl’.
Previous
Next Post »