Umuhanzikazi Serena Gomez yasohoye indirimbo irimo amagambo y’agahinda, aho avuga ko hari uwo bigeze gukundana ntamubere inshuti nziza.
Uyu mukobwa
ubusanzwe akora n’ibyerekeye imideli akaba
ari n’umukinnyi w’amafilime, yigeze kumenyekanye mu rukundo rw’igihe kitari
gito n’umuhanzi Justin Bieber.
Serena Gomez na
Justin Bieber nyuma yo gutandukana uyu mukobwa yagiye avugwa mu rukundo
n’abantu batandukanye nka Nick Jonas, Zedd ndetse na The Weekend bivugwa ko
bari kumwe ubu.
Gomez wamenyekanye
mu ndirimbo zitandukanye nka Same old love , The heart wants what it
wants..yabivuze mu ndirimbo shya yasohoye yashyize ahagararagara yise ‘Bad Girl’.
ConversionConversion EmoticonEmoticon