Koreya Y’epfo mu matora ya Perezida


Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri abantu bo Koreya Y’epfo bazindukiye mu matora y'umukuru w'igihugu nyuma yaho bakuriyeho perezida wahoze ayoboye Park Geun-hye ashinjwa ibyaha bya ruswa. 

Uwuharanira ubwisanzure Moon Jae-in, niwe uhabwa amahirwe yo kuba yatsinda aya matora mu gihe hiyamamaje abakandida bagera kuri 13.
 Uwuza gutsinda aya matora bikaba biteganijwe ko azarahira ku wa gatatu.
Previous
Next Post »