Umugandekazi Jackline N. Kasha yatawe muri yombi ku kibuga cy’indege I Kanombe

Police y’u Rwanda yateye muri yombi umugandekazi Jackline Nabagesera Kasha ku kibuga cy’I ndege cya kigali I Kanombe nkuko byatangajwe na police y’u Rwanda.
Ibi  biragaragara ku rubuga rwa Twitter rwa police y’u Rwanda  aho uyu mukobwa Jackline N. Kasha yatawe muri yombi kubera imyitwarire mibi ndetse n’ubusinzi, aho bavuze ko ubu bari kureba uko bakemura iki kibazo.

Jackline N. Kasha ubusanzwe yamenyekanye muri Uganda kubera guharanira uburenganzira bw’abatinganyi cyangwa abaryamana bahuje igitsina.


Previous
Next Post »