Police y’u Rwanda
yateye muri yombi umugandekazi Jackline Nabagesera Kasha
ku kibuga cy’I ndege cya kigali I Kanombe nkuko byatangajwe na police y’u Rwanda.
Ibi biragaragara ku rubuga rwa Twitter rwa police
y’u Rwanda aho uyu mukobwa Jackline N. Kasha yatawe muri yombi
kubera imyitwarire mibi ndetse n’ubusinzi, aho bavuze ko ubu bari kureba uko
bakemura iki kibazo.
Jackline N. Kasha
ubusanzwe yamenyekanye muri Uganda kubera guharanira uburenganzira bw’abatinganyi
cyangwa abaryamana bahuje igitsina.
ConversionConversion EmoticonEmoticon