Ababyeyi n'imiryango y’abana baguye mu mpanuka
ya busi ku wa gatandatu muri Tanzania bashyinguye imirambo kuri uyu wa mbere,
aho abantu benshi bitabiriye uyu muhango baje kubasezeraho.
Misa yo gusezera abo bana n’abarimu babo babiri n’umushoferi baguye mu
mpanuka yabereye mu kibuga cya
stade I Arusha,
ariko bamwe bikaba byari byabananiye kwihanga bakagwa hasi abandi
bakajyanwa mu bitaro bihegereye nkuko byatangajwe na
africanews.com
Leta ya Tanzania akab ariyo yishyuye kugirango bashyingure aba bana ndetse n’abandi
baguye mu mpanuka.
Aba bana baguye mu mpanuka bakaba ari 32 bari mu kigero cy’imyaka 12 na 14,
mu gihe bari bagiye gukora ibizamini bibategurira ibizamini bya leta ariko bagakora impanuka bitewe n’umuvuduko
mwinshi. uwungirije perezida w'igihugu Mohamed Gharib Bilal akaba ariwe wamuhagarariye muri uyu muhango.
This is dummy text. It is not meant to be read. Accordingly, it is difficult to figure out when to end it. But then, this is dummy text. It is not meant to be read. Period.
ConversionConversion EmoticonEmoticon