Abahanzi ba “Gospel” mu Rwanda babonye ubuyobozi ku nshuro ya mbere

Nzeyimana Emile (wa kabiri uhereye iburyo) watoreye kuyobora ihuriro rya Rwanda Gospel Music Union na Tonzi watorewe kumwungiriza (Ifoto/Interineti)
Umuhanzi Nzeyimana Emile niwe watorewe kuyobora ihuriro ry’abahanzi baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana “Rwanda Gospel Music Union”.
Umuhango wo gushyiraho ubu buyobozi ku nshuro ya mbere mu Rwanda wabereye mu cyumba cy’inama y’Inteko nyarwanda y’Ururimi n’Umuco kuri uyu wa kane tariki ya 23 Kamena 2016.
Abagize komite nyobozi    
1. Nzeyimana Emile niwe watorewe kuba umuyobozi w’iri  huriro
2.Uwitonze Clementine (Tonzi) ni we muyobozi wungirije
3.Muganwa Assumupta yatorewe kuba umwanditsi
4.Ngamije Gaby atorerwa kuba umubitsi.
Abajyanama
1. Manzi Arsène
2. Kamugisha Diane
3. Bangamwabo Pascal
Abagize komite nkemurampaka
1. Shabani
2.Kabaganza Liliane
3. Bizimungu Brian.
Aya matora akaba yari ahagarariwe na Dr Nzabonimpa Jack ku ruhande rw’Inteko y’Igihugu y’Ururimi n’Umuco ndetse n’Intore Tuyisenge Jean de Dieu Umuyobozi W’urugaga rwa muzika mu Rwanda.
Ni uku byari byifashe mu cyuma cy’inama y’Inteko y’Ururirmi n’Umuco (Ifoto/Interineti)
Ni uku byari byifashe mu cyuma cy’inama y’Inteko y’Ururirmi n’Umuco (Ifoto/Interineti)http://izubarirashe.rw/2016/06/abahanzi-bahimbaza-imana-babonye-ubuyobozi-ku-nshuro-ya-mbere/
Previous
Next Post »