K’umunsi wanyuma w’amasengesho,ibitangaza biri kugaragara-Kurikirana uko biri kugenda mu mafoto.

Mu itorero ry’Abacunguwe bamaze igihe kingana n’iminsi irindwi basenga amasengesho biyiriza ubusa,bayasoje uyu munsi.
Aya masengesho yabereyemo ibitangaza byinshi bikomeye,abarwayi barakize,abafite ibibazo byarakemutse ndetse Imana yiyeretse ubwoko bwaqyo mu buryo bugaragara kandi barayibona.
Kuri uyu munsi wo gusoza aya masengesho abantu ni benshi baje kureba ibitangaza Imana ikora kugira ngo nabo babiboneshe amaso yabo.
Amateraniro y’uyu munsi yatangijwe n’abakozi b’Imana bigishije ijambo ry’Imana ndetse bakanahumuriza abakiristu bababwira ko Imana bhari icyo igiye kubakorera.
Nyuma y’ijambo ry’Imana,abakiristu baririmbye ndetse banahimbaza Imana mu buryo bushoboka,kuri aka kanya Umuhanzikazi Alice Tony niwe uri kuruhimbi aho ari kuririmnba indirimbo avuga ubwiza bw’Imana ndetse n’imbaraga zayo.DSC09583 DSC09584
Abarwayi baje kureba ibitangaza by'Imana
Abarwayi baje kureba ibitangaza by’Imana
DSC09586 DSC09587
Umuhanzikazi Alice Tonny
Umuhanzikazi Alice Tonny
DSC09589 DSC09590
Umuhanzikazi Alice Tonny
Umuhanzikazi Alice Tonny
DSC09592 DSC09593
Abakiristu ni benshi cyane,ndetse umukozi w’Imana Bishop Rugagi Innocent yageze mu iteraniro ndetse akaba yatangiye kwakira abakiristu bavuye mu ntara zose z’igihugu ndetse hari n’abavuye ku mipaka y’igihugu nka Cyangugu,Rusumo ndetse n’ahandi henshi.
Umukozi w’Imana Bishop Rugagi ari kuvuga ijambo ry’Imana ndetse n’ibyifuzo asaba Imana ko amateraniro yo kuwa gatatu yazajya abera muri stade kugira ngo ubwoko bw’Imana bubone ibitangaza by’Imana.
Amateraniro arakomeje,Bishop Rugagi atanze umwanya ngo abakiristu bashime Imana kubw’ibitangaza yabakoreye.
Benshi muri aba bakiristu ni abo umukozi w’Imana yasengeye ndetse akabahanurira,ibyo yababwiye bakayibona.
Abakiristu bari guha Imana icyubahiro
Abakiristu bari guha Imana icyubahiro
DSC09597
Bishop Rugagi Innocent
Bishop Rugagi Innocent
DSC09601
Abantu bicaye hasi kubera kubura aho bicara
Abantu bicaye hasi kubera kubura aho bicara
DSC09603
urusengero rwuzuye
urusengero rwuzuye
Abakiristu bakomeje gushima Imana ndetse bayivuga imyato ku mirimo yakoze kuko ariyo Mana,hari abo yubakiye,abo yakijije indwara,abo yubakiye ndetse n’abo yakoreye amakwe.
Uko abakiristu bamwe bavuga amashimwe  niko abandi baha Imana icyubahiro kuko yakoze ibikomeye.
Iminota itanu irabura ngo isaha ya cyenda igere,umushumba w’itorero ry’Abacunguwe agiye gusengera abakiristu ndetse n’abandi bantu bafite ibibazo bikomeye.
Mbere yuko asengera abantu,umushumba w’itorero Abacunguwe abanje kwigisha abakiristu uko bagomba gukorera Imana ndetse bagasabana n’Imana,bikanatuma ibemera.
Asabye abakiristu kuzamura amaboko bagasubiramo aya magambo:” mwami wanjye ninjye munyabyaha,naragutaye,ibyo abanyabyaha bakora,ndakugarukiye kuko nabuze amahoro,kuko nta mahoro y’abanyabyaha,Mbabarira umpe agakiza ndetse n’ubugingo buhoraho ndagushimiye Mana ko umbabariye,Satani ntacyo wampembye kuko nta kiza kiguturukaho,kandi kuva uyu munsi ntabwo nzongera kugukorera.Mwami Yesu ndakwihaye kuva uyu munsi nyandukura mu gitabo cy’urupfu unyandike mu gitabo cy’ubugingo.Amen”
Bishop Rugagi akomeje kubasengera yirukana abadayimoni mu buzima bwabo,barimo abo gusambana,kubeeshya,kwiba kwica ndetse n’ibindi byinshi.
Nyuma yo kubasengera abasabye guhindukira bagatera haleluya inshuro zirindwi ndetse bakanarahira kuguma k’umwami Yesu kuko ariwe mwami n’umukiza wabo.
Bishop Rugagi ari gusengera abakiristu
Bishop Rugagi ari gusengera abakiristu
DSC09608
Pastor Edwin ari gusemura
Pastor Edwin ari gusemura
Yaje kureba ubwiza bw'Imana
Yaje kureba ubwiza bw’Imana
DSC09611
Umushumba w’itorero Abacunguwe atangiye isaha ya cyenda,aho aba asengera abantu bose bafite bibazo bitandukanye ndetse n’indwara zitandukanye zigakira.
Umukozi w’Imana avuze ko abamalayika bamaze kurenga 1700 mu materaniro.Bishop Rugagi avuze ko abarwayi ba SIDA ko bagiye gukira.
Umukozi w’ Imana atangaje ko ari kubona malayika yinjira mu masakoshi afata imiti ya Sida yandikaho ngo expired(yarangije igihe cyayo)
Umukobwa wari arwaye SIDA ahise azana imiti yanywaga aikubita ku ruhimbi ategereza ko Imana imukiza kandi bose bakabibona.
Uyu mukobwa yari amaze igihe kirekire ndetsen’ababyeyi be batabizi,ariko abonye nyina aje mu materaniro kandi atamubwiye ndetse akaba aturutse mu Ruhango ahita abifata nk’ikimenyetso cya mbere.
Uyu mukobwa baramusengeye Imana iramukiza ndetse Bishop Rugagi amuhindurira izina rishya.
Nyuma y’uyu mukobwa Umukozi w’Imana asengeye umusaza wamugaye bazanye mu kagare aje kureba ibitangaza by’Imana.
Umukozi w’Imana aramusengeye ndetse amubwira ko ataha akize,ndetse akazaha Imana ishimwe kuko ikoze ibyo abana b’abantu batabasha gukora.DSC09613 DSC09614
Yatambiye Imana
Yatambiye Imana
Ari kubyinira Imana
Ari kubyinira Imana
Imiti yajyaga anywa
Imiti yajyaga anywa
Uyu mukobwa Imana imukijije Sida
Uyu mukobwa Imana imukijije Sida
DSC09626
Yahoberanye na Nyina bari bamaze iminsi batabonanye
Yahoberanye na Nyina bari bamaze iminsi batabonanye
Bishop Rugagi Innocent imbere y'abakiristu
Bishop Rugagi Innocent imbere y’abakiristu
DSC09630
Nyina yishimye ntanubwo yari aziko umukobwa we yanduye
Nyina yishimye ntanubwo yari aziko umukobwa we yanduye
DSC09632 DSC09633 DSC09635 IMG_9307 IMG_9308 IMG_9309 IMG_9310 IMG_9314 IMG_9315 IMG_9333 IMG_9370 IMG_9373 IMG_9374 IMG_9378 IMG_9379 IMG_9383 IMG_9396 IMG_9404 IMG_9414
Uko amasaha agenda yicuma niko Imana ikomeza kwiyerekana muri aya materaniro.Umukozi w’Imana Bishop Rugagi Innocent akomeje gusengera abantu bagakira,indwara zikomeye,zirimo SIDA,Kanseri,Umwijima,ubumuga ndetse n’izindi nyinshi.
Amashimwe ari kugenda aremwa kuri benshi baje gusengera mu itorero rya Reedemed Gospel Church,haba ku basanzwe bahasengera ndetse n’abashyitsi baje kureba ibitangaza by’Imana.
Uyu musore yari byafashwe n'abadayimoni
Uyu musore yari byafashwe n’abadayimoni
Uyu mukecuru yari yararozwe ndetse arwaye canseri ariko Imana yamukijije
Uyu mukecuru yari yararozwe ndetse arwaye canseri ariko Imana yamukijije
DSC09646
Abakiristu basengaga cyane
Abakiristu basengaga cyane
DSC09653
Bishop Rugagi asengera umusaza wamugaye
Bishop Rugagi asengera umusaza wamugaye
DSC09659
Imana yamukoreye ibitangaza
Imana yamukoreye ibitangaza
Imana yamukoresheje ibitangaza uyu musaza arakira nyuma y'imyaka 5 amaze arwaye
Imana yamukoresheje ibitangaza uyu musaza arakira nyuma y’imyaka 5 amaze arwaye
Mama Bishop ari gusenga cyane
Mama Bishop ari gusenga cyane
DSC09665
Imana yamukijij canseri
Imana yamukijij canseri
DSC09669
Uyu mudamu ajya mu bwiherero akituma amabuye,akanaruka amasashi ariko Imana yamukijije ayo marozi
Uyu mudamu ajya mu bwiherero akituma amabuye,akanaruka amasashi ariko Imana yamukijije ayo marozihttp://ibyishimo.com/kumunsi-wanyuma-wamasengeshoibitangaza-biri-kugaragara-kurikirana-uko-biri-kugenda-mu-mafoto/
Previous
Next Post »